Ubukungu

Soma zose

Ubuzima

Soma zose

Politiki

Soma zose

Perezida Donald Trump na Perezida Volodymyr Zelenskiy Bahuriye mu Nama ya NATO i La Haye

Uyu munsi tariki 25 Kamena 2025 – i La Haye mu Buholandi, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, hamwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskiy, bahuriye ku ruhande rw’inama ya NATO…

Donald Trump yatangaje ko Amerika izahura na Iran “mu cyumweru gitaha

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko Amerika n’Iran bazahura “mu cyumweru gitaha”, mu gihe akomeje gushimangira ko ibitero biherutse byagabwe kuri Iran byangije ibikorwa byayo bya nikleyeri ku buryo…

Perezida Kagame yakiriye Dr. Akinwumi Adesina, Perezida usoje manda wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere

Kuri iki gicamunsi, Muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Dr. Akinwumi Adesina, Perezida usoje manda wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (African Development Bank Group), uri mu Rwanda aho yitabiriye Inama…

Perezida Kagame yakiriye Obasanjo muri Vilage Urugwiro, Bagirana Ikiganiro ku Mutekano n’Imibanire y’Umugabane

Kuri iki gicamunsi, kuri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Olusegun Obasanjo, wahoze ari Perezida wa Nigeria, mu biganiro byagutse byibanze ku bibazo bikomeye by’akarere, umugabane wa Afurika ndetse no ku…

Imyidagaduro

View All