Aheruka
Amakuru
Ubukungu
Ubukungu
Soma zoseUbuzima
Soma zosePolitiki
Soma zosePerezida Donald Trump na Perezida Volodymyr Zelenskiy Bahuriye mu Nama ya NATO i La Haye
Uyu munsi tariki 25 Kamena 2025 – i La Haye mu Buholandi, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, hamwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskiy, bahuriye ku ruhande rw’inama ya NATO…
Donald Trump yatangaje ko Amerika izahura na Iran “mu cyumweru gitaha
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko Amerika n’Iran bazahura “mu cyumweru gitaha”, mu gihe akomeje gushimangira ko ibitero biherutse byagabwe kuri Iran byangije ibikorwa byayo bya nikleyeri ku buryo…
Perezida Kagame yakiriye Dr. Akinwumi Adesina, Perezida usoje manda wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere
Kuri iki gicamunsi, Muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Dr. Akinwumi Adesina, Perezida usoje manda wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (African Development Bank Group), uri mu Rwanda aho yitabiriye Inama…
Perezida Kagame yakiriye Obasanjo muri Vilage Urugwiro, Bagirana Ikiganiro ku Mutekano n’Imibanire y’Umugabane
Kuri iki gicamunsi, kuri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Olusegun Obasanjo, wahoze ari Perezida wa Nigeria, mu biganiro byagutse byibanze ku bibazo bikomeye by’akarere, umugabane wa Afurika ndetse no ku…
Imikino
Soma izindiImyidagaduro
View AllTeta Sandra yagonze umugabo we Weasel amuvuna amaguru
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, inkuru y’ibabaje yavuzwe i Munyonyo muri Uganda aho umuhanzi Weasel, umwe mu bagize…
Amakuru mashya

Advertise here Today

Amakuru asanzwe
Soma izindiMu Mahanga
Soma izindiAFC/M23 yavuze ko itazasubira mu biganiro by’amahoro i Doha
Ihuriro AFC/M23 ryashimangiye ko ritazasubira mu biganiro by’amahoro i Doha muri Qatar igihe cyoseLeta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…