Ubukungu

Soma zose

Ubuzima

Soma zose

Politiki

Soma zose

Elon Musk yamaganye amagambo ya Trump amusaba “Gusubira muri Afurika y’Epfo”

Umushoramari w’icyamamare Elon Musk, akaba CEO wa Tesla na SpaceX, yatangaje ko yababajwe cyane n’amagambo aherutse kuvugwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amushinja kwishimira inkunga z’ubutegetsi no kumusaba gusubira aho…

Umuyobozi Mukuru w’Ikirenga wa Iran yavuze ko Ibitero bya Amerika kuri Sites za Nikleyeri “Nta ngaruka zikomeye byagize”

Umuyobozi Mukuru w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje ko ibitero biherutse kugabwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri sites za nikleyeri ya Iran nta ngaruka zikomeye byagize, anavuga ko Iran ikiri ku murongo…

Perezida Donald Trump na Perezida Volodymyr Zelenskiy Bahuriye mu Nama ya NATO i La Haye

Uyu munsi tariki 25 Kamena 2025 – i La Haye mu Buholandi, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, hamwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskiy, bahuriye ku ruhande rw’inama ya NATO…

Donald Trump yatangaje ko Amerika izahura na Iran “mu cyumweru gitaha

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko Amerika n’Iran bazahura “mu cyumweru gitaha”, mu gihe akomeje gushimangira ko ibitero biherutse byagabwe kuri Iran byangije ibikorwa byayo bya nikleyeri ku buryo…

Imyidagaduro

View All